#COVID19: Mu bantu batandatu banduye, harimo bane babonetse i Kigali

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 05 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya batandatu, bakaba babonetse mu bipimo 4,749.

Abo bantu batandatu banduye, bane babonetse i Kigali, umwe aboneka i Gicumbi, undi aboneka i Nyabihu. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

MUrakoze gukomeza kutugezaho amakuru ajyanye na covid 19.

Kanyarwanda yanditse ku itariki ya: 6-05-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka