#COVID19: Abarwayi bashya 26 babonetse mu bipimo 10,341

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 25 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 26, bakaba babonetse mu bipimo 10,341.

Nta muntu wishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, abamaze kwitaba Imana bose hamwe ni 1,341.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

NIFUZAINDIRIMBOYAKOVIDE19

UWINEZA yanditse ku itariki ya: 26-11-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka