#COVID19: Abantu icyenda banduye babonetse mu bipimo 5,866

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko ku wa Kabiri tariki 17 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu icyenda banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 5,866 byafashwe hirya no hino mu gihugu.

Abanduye umunai babonetse i Kigali, umwe aboneka i Nyagatare. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka