#COVID19: Abantu icyenda banduye babonetse mu bipimo 5,866

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko ku wa Kabiri tariki 17 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu icyenda banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 5,866 byafashwe hirya no hino mu gihugu.

Abanduye umunai babonetse i Kigali, umwe aboneka i Nyagatare. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka