#COVID19: Abantu batatu bitabye Imana, abanduye babonetse ni 661

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 11 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 661, bakaba babonetse mu bipimo 22,262.

Abantu batatu bitabye Imana, bose bakaba ari abagabo bo mu turere twa Nyamasheke, Gatsibo na Ruhango. Byatumye abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 baba 1,387.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka