#COVID19: Abantu batatu banduye babonetse mu bipimo 6,480

Raporo ya buri munsi itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iragaragaza ko ku wa Gatatu tariki 20 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu batatu banduye Covid-19, babiri bakaba babonetse i Muhanga, undi umwe aboneka i Kigali mu bipimo 6,480 byafashwe hirya no hino mu gihugu.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka