#COVID19: Abantu batatu banduye babonetse mu bipimo 14,419

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 05 Werurwe 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya batatu (3), bakaba babonetse mu bipimo 14,419.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,457 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka