#COVID19: Abantu babiri yabahitanye, 122 barayikira

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 09 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu babiri (2) bishwe na COVID-19. Abayikize ni 122, bituma abamaze kuyikira bose baba 18,033 naho abanduye bashya baba 120, nk’uko imibare ibigaragaza.

Abitabye Imana ni abagabo babiri b’imyaka 70 na 64 i Kigali.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka