#COVID19: Abantu babiri bitabye Imana, abanduye bashya ni 43

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 13 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 43, bakaba babonetse mu bipimo 13,577.

Abitabye Imana ni abagore babiri, kugeza ubu mu Rwanda abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo bose bamwe ni 1,338.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka