#COVID19: Abantu babiri bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 33

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 09 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 33, bakaba babonetse mu bipimo 10,332.

Abantu babiri bitabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi bazize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,449 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza. Abitabye Imana ni umugore w’imyaka 40 n’umugabo w’imyaka 61 b’i Gicumbi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka