#COVID19: Abantu babiri bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 120

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 27 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 120, bakaba babonetse mu bipimo 13,157.

Abantu babiri bitabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi bazize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, baba 1436 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka