#COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 3,673

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko ku wa Mbere tariki 02 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 3,673 byafashwe hirya no hino mu gihugu.

Abanduye babiri babonetse i Kigali. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka