#COVID19: Abantu 9 bitabye Imana, abasezerewe mu bitaro ni 8

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 24 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 233, bakaba babonetse mu bipimo 11,165.

Abitabye Imana ni icyenda, bakaba ari abagore batatu n’abagabo batandatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka