#COVID19: Abantu 9 bitabye Imana, abanduye bashya ni 522

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 26 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 522 bakaba babonetse mu bipimo 18,193.

Iyo Minisiteri itangaza kandi ko abantu 9 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1065. Abitabye Imana ni abagore 4 n’abagabo 5.

Abinjiye mu bitaro bashya ni 9 naho ababisohotsemo ni 6.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka