#COVID19: Abantu 9 bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 758

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 10 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 758, bakaba babonetse mu bipimo 18,755.

Abantu icyenda bitabye Imana, bakaba ari abagore batandatu n’abagabo batatu, byatumye abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 baba 1,384.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka