#COVID19: Abantu 9 bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 758

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 10 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 758, bakaba babonetse mu bipimo 18,755.

Abantu icyenda bitabye Imana, bakaba ari abagore batandatu n’abagabo batatu, byatumye abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 baba 1,384.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka