#COVID19: Abantu 9 bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 159

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 30 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 159, bakaba babonetse mu bipimo 11,641.

Abantu icyenda bitabye Imana, bakaba ari abagore batanu n’abagabo bane. Abantu batatu basezerewe mu bitaro mu gihe abandi babiri bashyizwe mu bitaro, naho abarembye ni 12.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka