#COVID19: Abantu 8 bitabye Imana, abanduye bashya ni 485

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 2 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 485, bakaba babonetse mu bipimo 11,604.

Abantu 8 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,105. Abitabye Imana ni abagore 2 n’umugabo 6.

Abahawe doze ya mbere y’urukingo kuri uyu munsi ni 39,216 na ho abamaze guhabwa inkingo zombie ni 782,834.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka