#COVID19: Abantu 76 bakize, haboneka abarwayi bashya 29

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ugushyingo 2020, mu Rwanda habonetse abantu 29 bashya banduye COVID-19, mu gihe abakize ari abantu 76.

Abo barwayi bashya 29 babonetse mu bipimo 2,583 bakaba barimo ababonetse i Kigali: 9, Bugesera: 13 (Bapimwe muri gereza), Musanze: 4, Gatsibo: 2, Rubavu: 1.

Kugeza kuri uyu wa Gatatu mu Rwanda abari bamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,779 muri bo abamaze gukira ni 5317, naho abakivurwa ni 415.

Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 47.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka