#COVID19: Abantu 7 bitabye Imana, abanduye bashya ni 650

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 07 Kanama 2021, mu Rwanda abantu 7 bitabye Imana bazize Covid-19, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 881. Abitabye Imana ni abagore 4 n’abagabo 3.

Iyo Minisiteri yatangaje kandi ko kuri uwo munsi abinjiye bashya mu bitari ari 18 mu gihe ababisohotse ari 28, abarembye ni 44.

MINISANTE yatangaje na none ko abanduye bashya ari 650, bakaba babonetse mu bipimo 9,813.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka