#COVID19: Abantu 7 bitabye Imana, abanduye bashya ni 490

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 3 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 490, bakaba babonetse mu bipimo 12,737.

Abantu 7 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,112. Abitabye Imana ni abagore 2 n’umugabo 5.

Abahawe doze ya mbere y’urukingo kuri uyu munsi ni 41,608 na ho abamaze guhabwa inkingo zombi ni 869,915.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka