#COVID19: Abantu 7 bitabye Imana, abanduye bashya ni 453

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 7 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 453 bakaba babonetse mu bipimo 12,023.

Abantu 7 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,141. Abitabye Imana ni abagore 1 n’umugabo 6.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka