#COVID19: Abantu 7 bitabye Imana, abanduye bashya ni 453

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 7 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 453 bakaba babonetse mu bipimo 12,023.

Abantu 7 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,141. Abitabye Imana ni abagore 1 n’umugabo 6.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka