#COVID19: Abantu 7 bitabye Imana, abanduye bashya ni 314

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 23 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 314, bakaba babonetse mu bipimo 11,168.

Abitabye Imana ni barindwi (7), akaba ari abagore bane (4) n’abagabo batatu (3).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka