#COVID19: Abantu 7 bitabye Imana, abanduye bashya ni 244

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 5 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 244, bakaba babonetse mu bipimo 12,191.

Abantu 7 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,124. Abitabye Imana ni abagore 3 n’umugabo 4.

Abinjiye ibitaro bashya ni 7 na ho uwabisezerewemo ni umwe (1), abarembye ni 23.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka