#COVID19: Abantu 6 bitabye Imana, abarembye ni 13

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 8 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 483 bakaba babonetse mu bipimo 12,131.

Abantu 6 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,147. Abitabye Imana ni abagore 1 n’umugabo 5.

Iyo Minisiteri ivuga kandi ko abantu 16 binjiye ibitaro kuri uwo munsi, abantu 4 barasezererwa na ho abarembye akaba ari 13.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka