#COVID19: Abantu 6 bitabye Imana, abanduye bashya ni 953

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 08 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 953, bakaba babonetse mu bipimo 24,992.

Abantu batandatu bitabye Imana, bakaba ari abagore bane n’abagabo babiri, abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,373.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka