#COVID19: Abantu 6 bitabye Imana, abanduye bashya ni 496

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 31 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 496 bakaba babonetse mu bipimo 14,241.

Abantu 6 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1089. Abitabye Imana ni abagore 5 n’umugabo 1.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka