#COVID19: Abantu 6 bitabye Imana, abanduye bashya ni 496

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 31 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 496 bakaba babonetse mu bipimo 14,241.

Abantu 6 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1089. Abitabye Imana ni abagore 5 n’umugabo 1.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka