#COVID19: Abantu 6 bitabye Imana, abanduye bashya ni 264

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 21 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 264, bakaba babonetse mu bipimo 10,186.

Abitabye Imana ni batandatu (6), akaba ari umugore umwe n’abagabo batanu (5).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka