#COVID19: Abantu 6 bitabye Imana, abanduye bashya ni 157

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 25 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 157, bakaba babonetse mu bipimo 10,588.

Abitabye Imana ni batandatu, bakaba ari abagore batatu n’abagabo batatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka