#COVID19: Abantu 6 banduye babonetse mu bipimo 974

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iragaragaza ko ku wa Mbere tariki 10 Ukwakira 2022 mu Rwanda habonetse abantu 6 banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 974 byafashwe hirya no hino mu gihugu.

Abanduye uko ari g ni ab’i Kigali. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,467 nk’uko imibare ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka