#COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abarembye ni 10

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 02 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 86, bakaba babonetse mu bipimo 17,574.

Abantu batanu bitabye Imana, bakaba ari abagore babiri n’abagabo batatu. Abantu batatu basezerewe mu bitaro mu gihe abandi batanu binjiye ibitaro, naho abarembye ni 10.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka