#COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abanduye bashya ni 51

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 28 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 51, bakaba babonetse mu bipimo 8,690.

Abitabye Imana ni abagore batatu n’abagabo babiri.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka