#COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abanduye bashya ni 488

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 14 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 488 bakaba babonetse mu bipimo 12,995.

Abantu 5 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,180. Abitabye Imana ni abagore bane n’umugabo umwe.

MINISANTE iratangaza kandi ko abinjiye ibitaro bashya ari umunani, abasezerewe ni barindwi na ho abarembye kubera icyo cyorezo ni 24.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka