#COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abandi 5 basezerewe mu bitaro

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 04 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 81, bakaba babonetse mu bipimo 7,506.

Abantu batanu bitabye Imana, bakaba ari abagore babiri n’abagabo batatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka