#COVID19: Abantu 5 barimo uruhinja bitabye Imana, abanduye bashya ni 1,066

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 5 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 1,066 bakaba babonetse mu bipimo 22,883.

Abitabye Imana ni abantu batanu, bakaba ari abagore bane n’uruhinja rumwe, ibyo bitumye abamaze guhitanwa na Covid-19 muri rusange mu Rwanda baba 1,362.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka