#COVID19: Abantu 4 bitabye Imana, abarembye ni 11

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 26 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 112, bakaba babonetse mu bipimo 14,529.

Abitabye Imana ni bane, bakaba ari abagore bane (4).

Uwinjiye ibitaro ni umwe, abasezerewe ni batanu, naho abarembye ni 11.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka