#COVID19: Abantu 4 bitabye Imana, abanduye bashya ni 518

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 30 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 518 bakaba babonetse mu bipimo 8,766.

Abantu 4 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1083. Abitabye Imana ni abagore 2 n’abagabo 2.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka