#COVID19: Abantu 4 bitabye Imana, abanduye bashya ni 518

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 30 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 518 bakaba babonetse mu bipimo 8,766.

Abantu 4 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1083. Abitabye Imana ni abagore 2 n’abagabo 2.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka