#COVID19: Abantu 4 bitabye Imana, abandi 2 basezerewe mu bitaro

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 09 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 114, bakaba babonetse mu bipimo 17,306.

Abantu bane bitabye Imana, bakaba ari abagore 3 n’umugabo 1.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka