#COVID19: Abantu 4 bitabye Imana, abandi 2 basezerewe mu bitaro

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 09 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 114, bakaba babonetse mu bipimo 17,306.

Abantu bane bitabye Imana, bakaba ari abagore 3 n’umugabo 1.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka