#COVID19: Abantu 39 banduye babonetse mu bipimo 12,406

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 20 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 39, bakaba babonetse mu bipimo 12,406.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1438 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka