#COVID19: Abantu 36 banduye ni bo babonetse mu bipimo 6,811

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 18 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 36, bakaba babonetse mu bipimo 6,811.

Nta muntu witabye Imana kuri uwo munsi azize COVID-19.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka