#COVID19: Abantu 3 bitabye Imana, abanduye bashya ni 17

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 31 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 17, bakaba babonetse mu bipimo 16,893.

Abitabye Imana ni abagabo batatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka