#COVID19: Abantu 28 banduye babonetse mu bipimo 5,912

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 10 Kamena 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 28, bakaba babonetse mu bipimo 5,912.

Abantu 19 banduye babonetse i Kigali, batanu baboneka i Gicumbi, babiri mu Ngororero, umwe i Rubavu n’undi umwe i Gicumbi. Nta muntu witabye Imana, imibare igaragaza ko abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ari abantu 1,459.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka