#COVID19: Abantu 2 bitabye Imana, abanduye bashya ni 8

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 17 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 8, bakaba babonetse mu bipimo 10,530.

Abantu babiri bitabye Imana kuri uwo munsi, akaba ari umugore umwe w’imyaka 53 i Ngoma n’umugabo umwe w’imyaka 23 i Gatsibo, byatumye abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,454.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka