#COVID19: Abantu 2 bitabye Imana, abanduye bashya ni 610

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 09 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 610, bakaba babonetse mu bipimo 20,835.

Abantu babiri bitabye Imana, bombi bakaba ari abagore, byatumye abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,375.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka