#COVID19: Abantu 2 bitabye Imana, abanduye bashya ni 13

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 14 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 13, bakaba babonetse mu bipimo 9,617.

Abantu babiri bitabye Imana kuri uwo munsi, bombi bakaba ari abagabo bo mu Mujyi wa Kigali, byatumye abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,452.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka