#COVID19: Abantu 2 bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 16

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 07 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 16, bakaba babonetse mu bipimo 16,123.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka