#COVID19: Abantu 15 banduye babonetse mu bipimo 11,182

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 15 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 15, bakaba babonetse mu bipimo 11,182.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1452 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Mwaramutse neza igitondo cyiza kubijyanye na COVID 19 nk’abanyarwanda dukwiye gushyiramo imbaraga cyane cyane kugira isuku dukaraba amazi meza ni isabune kdi duhana intera hagati y’umuntu n’undi kwambara agapfuka munwa neza twirinda ingendo zitari ngombwa gusa abantu dukwiye kuzirikana inama tugirwa ni, ubuyobozi bwacu ndetse ni,Abaganga.murakoze

Ruvugabigwi yanditse ku itariki ya: 16-02-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka