#COVID19: Abantu 13 bitabye Imana, abanduye bashya ni 648

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 01 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 648 bakaba babonetse mu bipimo 7,614. Abantu 13 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 821. Abitabye Imana ni abagore 9 n’abagabo 4.

Iyo Minisiteri itangaza kandi ko kuri uwo munsi abasezerewe mu bitaro ari 19 mu gihe ababyinjiyemo bashya ari 24, abarembye ni 56.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka