#COVID19: Abantu 12 banduye babonetse mu bipimo 8,603

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 15 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 12, bakaba babonetse mu bipimo 8,603.

Nta muntu wishwe na Covid-19 mu Rwanda kuri uwo munsi, bituma kugeza ubu mu Rwanda abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo bose hamwe bakomeza kuba 1,338.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka