#COVID19: Abantu 10 bitabye Imana, abanduye bashya ni 860

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 31 Nyakanga 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 860 bakaba babonetse mu bipimo 9,519. Abantu 10 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 808. Abitabye Imana ni abagore 6 n’abagabo 4.

Iyo Minisiteri itangaza kandi ko kuri uwo munsi abasezerewe mu bitaro ari 14 mu gihe ababyinjiyemo bashya ari 22, abarembye ni 64.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka