#COVID19: Abantu 10 bitabye Imana, abakingiwe ni 5,685

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 02 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 720 bakaba babonetse mu bipimo 6,429. Abantu 10 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 831.

Abitabye Imana ni abagore 6 n’abagabo 4.

Iyo Minisiteri itangaza kandi ko kuri uwo munsi abasezerewe mu bitaro ari 19 mu gihe ababyinjiyemo bashya ari 24, abarembye ni 49.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka