#COVID19: Abantu 10 banduye babonetse mu bipimo 4,292

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 23 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya icumi, bakaba babonetse mu bipimo 4,292.

Abantu batandatu muri abo bantu icumi babonetse i Kigali, batatu baboneka i Huye, undi umwe aboneka i Musanze.

Imibare igaragaza ko abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ari abantu 1,459.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka